Muri uyu mugoroba w’uwakane taliki ya 14/01/2020 , dufite umutumirwa ! Hari abadusabye kubatumirira Ministre Sylvie MUKANKIKO ngo aze aganirize Abanyarwanda . Twabikoze.
Ibibazo mwadusabye kumugezaho nibyo bishingirwaho i kiganiro cy’uyu mugoroba :
1.Ministre Sylvie, hari Abanyaarwanda benshi bagukurikira ariko ngo bakeneye kukumenye kukurushaho. Wabibwira birambuye ?
2. Abifuza kugugezaho ubutumwa bazanyura mu yihe nzira ?
3. Ariko rero hari abanyarwanda bavuga ko ugira amahane! Niba ari ukuri, biterwa n’iki ?
4. Mu mateka wanyuzemo, ni iki cyakumaze ubwoba kikagutera imbaraga zo guhaguruka ukitangira umurimo wa politiki ya Opizisiyo?
5. Nka Ministre w’Ububanyi n’amahanga urateganya gukora iki ngo amahanga amenye neza ikibazo cy’u Rwanda ?
Umusenateri wo muri Australiya yonkereza mu ruhame mu Nteko
6. Nk’umutegarugori n’umubyeyi w’abana 3 wabwira iki abandi bategarugori bumva ko gufatanya kuba umubyeyi n’ukwitangira ibikorwa bya politiki bitajyanye ?
7.Ni uwuhe muganda utegereje ku bakunzi bawe kugira ngo ushobore gusohoza inshingano Guverinoma y’u Rwanda ikorera mu buhungiro yaguhaye ?
8. Ijambo ry’umusozo.
N.B : Dore LINK y’abashaka kwinjira mu CYUMBA ZOOM ngo babaze ibibazo cyangwa bahe MInistre Sylvie ibitekerezo :
Participer à la réunion Zoom https://us02web.zoom.us/j/89827274475?pwd=N1VxOFlWR0x5NXBBdDE4S2liUjJ4dz09 ID de réunion : 898 2727 4475 Code secret : 418510
RDV ku ISINIJURU TV , saa 19h ku isaha ya Kigali na 18h ku isaha ya Paris.
Ushaka kutugezaho ubutumwa cyangwa inkunga yakwitabaza Tél & WhatsApp : +33663955074