Muri uyu mugoroba w’Uwambere taliki ya 22/01/2021, turatera intambwe nshya. Mu gihe twariho twibuka umwaka Kizito MIHIGO yishwe, UWITEKA yohereje indi ntumwa idasanzwe mu Rwanda : Ni Madame IDAMANGE IRYAMUGWIZA Yvonne. We yakoze ubutumwa bwe mu gihe kitarenze iminsi 15 !
Ubu rero nyuma yo » gufungwa » kwa IDAMANGE, urugamba rwo guharanira Impinduramitegekere rugiye guhindura isura no gutera intambwe yisumbuyeho !
Muri uyu mugoroba turatangira Uruhererekana rw’ibiganiro bishya byitwa » IMBARUTSO YA REVOLISIYO »….
Mu gihugu kiyobowe n’Umuzimu wa Paul Kagame, abaturage bari mu Rwanda bagiye « GUFATA IJAMBO… » batange ibitekerezo, dutekerereze hamwe IBIKORWA bito bito kimwe n’ibinini, byo kwihutisha IMPINDURAMITEGEKERE.
RDV ku ISINIJURU TV muri uyu mugoroba saa 18h ku isaha ya Paris na 19h .
Uwifuza kutugezaho ubutumwa cyangwa kudutera inkunga yakwifashisha Tél & WhatsAPP : + 33 6 63 95 50 74