« Mu ijuru hadutse ikimenyetso cy’agatangaza. Umubyeyi wambaye izuba ukwezi gutatse ibirenge bye, atamirije urugori rw’inyenyeri cumi n’ebyiri ». (Ibyahishuwe 12,1-1)
Birakwiye kandi biratunganye gufata umwanya uhagije wo gutsura umubano n’ » Uwahebuje abagore bose umugisha » « wemeye » kuba « NyinawaJambo ».
Uwo mubyeyi azi neza kandi akunda akarere kacu. Niyo mpamvu yafashe icyemezo cyo kuza kudusura ku buryo bwihariye mu mwaka w’1981, ubwo yabonekeraga i Kibeho muri Nyaruguru. Mbese aho twumvise neza icyamugenzaga ?
Iyi NOVENI izatangira ejoBUNDI ku wagatanu talikiya 6/8/2021 izasozwe taliki ya 14/8/2021. Izajya itangira saa tatu z’ijoro (21h) ku isaha ya Paris na Kigali.
IKIGAMIJWE : Kwivugurura no gukura mu bumenyi n’urukundo dufitiye Umubyeyi w’Imana
GAHUNDA RUSANGE YA NOVENI
I. Indirimbo
II.Ishapule
III.Kuzirikana Ijambo ry’Imana
IV.Ubuhamya ku mubano wihariye na Mariya
V.Gusabirana
VI.Isengesho ryo kwisunga intumwa y’Imana Kizito Mihigo
VII. Indirimbo isoza
UMUNSI WA 3 : « Umwana wabyaye arasingizwa »
1.Indirimbo : Nyina wa Jambo uri izuba ryarasiye mu Rwanda i Kibeho (Kizito Mihigo)
2.Amibukiro y’Ishavu
3. Luka 2,1-20
4. R/
ICYUMBA CYA ZOOM :
Heure : 8 août 2021 08:00 PM Paris
Participer à la réunion Zoom
https://us02web.zoom.us/j/86303462255?pwd=TFVCQVpIWEZwRFo3ZVkrRjJSSmM3UT09
ID de réunion : 863 0346 2255
Code secret : 132790